The miraculous story of a mermaid baby born in India

Ubusanzwe ibiremwa bizwi ku izina ya madamu samake byabayeho mu myaka yashize ndetse aho warebaga icyo kiremwa ugasanga igihimba cyo hejuru ni umuntu naho igice cyo hasi giteye nk’isamake neza neza.

Muri iyi minsi abashakashatsi bavumbuye ikindi kintu kijya gusa n’ibyo biremwa bakavuga ko bishoboka ko ari uburwayi umwana yaba yarahuye nabwo mu gihe nyina yari amutwite.

Ese ni byo koko?

Indwara yitwa sineromelie ngo ijya gusobanura umuntu usa n’uwapfuye ariko akiriho, iyi ikaba ari indwara ifata umwana mu gihe ari mu nda ya nyina, ngo biba bijya gusa n’ubumuga busanzwe umwana uwo ari we wese yavukana aho ubu bumuga bufata amaguru y’umwana ntibutume amera nk’ay’abantu basanzwe bugatuma amaguru afatana akagira isura nk’iy’umurizo w’isamake.

Gusa nanone kubera kwifunga kw’icyo gice cyo hepfo gisa n’igifunganya amara y’umwana, ngo akenshi iyo akimara kuvuka ahita apfa ngo ntibikunze kubaho ko umwana umeze atya yabaho.

Mu minsi yashize rero nibwo abaganga bo mu Buhinde bazwiho ubuhanga mu kuvura indwara zitandukanye batunguwe no kubyaza umugore umwana umeze atyo gusa no mu kumukurikirana akiri mu nda bajyaga babona bimeze bityo ariko bakibwira ko ari ubundi bumuga afite.

Uyu muryango wahuye n’ikibazo cyo kubyara umwana umeze nka madamu samake, ubusanzwe ngo umukuru w’umuryango ni umwubatsi ku buryo no kubona amafranga yavuza uwo mwana bimwe mu bibazo yavukanye ari ingorabahizi.

Nkuko ubibona ku ifoto, umuganga yayobewe icyo avuga ubwo ababyeyi b’umwana bamubazaga niba ari umukobwa cyangwa ari umuhungu kuko igitsina cye kitagaragara, uyu akaba ari umwana wa kabiri wagaragaye muri iki gihugu cy’u Buhinde ufite isura isa n’iya madamu samake.

Nkuko mubibona kandi umwana akiri mu nda ntiyagaragazaga igufwa ahagombaga kuba amaguru, hakuze hameze nk’umurizo gusa ikibabaje rero nuko uyu mwana nyuma yo kugera ku isi yamaze amasaha ane yonyine ubundi ahita yipfira. Gusa bamwe mu bana bavutse bameze gutya harimo umwe wabashije gukurikiranwa neza aza no gukura ku kigero kingana gutya.

Ubusanzwe ibiremwa bizwi ku izina ya madamu samake byabayeho mu myaka yashize ndetse aho warebaga icyo kiremwa ugasanga igihimba cyo hejuru ni umuntu naho igice cyo hasi giteye nk’isamake neza neza.

Muri iyi minsi abashakashatsi bavumbuye ikindi kintu kijya gusa n’ibyo biremwa bakavuga ko bishoboka ko ari uburwayi umwana yaba yarahuye nabwo mu gihe nyina yari amutwite.

Ese ni byo koko?

Indwara yitwa sineromelie ngo ijya gusobanura umuntu usa n’uwapfuye ariko akiriho, iyi ikaba ari indwara ifata umwana mu gihe ari mu nda ya nyina, ngo biba bijya gusa n’ubumuga busanzwe umwana uwo ari we wese yavukana aho ubu bumuga bufata amaguru y’umwana ntibutume amera nk’ay’abantu basanzwe bugatuma amaguru afatana akagira isura nk’iy’umurizo w’isamake.

Gusa nanone kubera kwifunga kw’icyo gice cyo hepfo gisa n’igifunganya amara y’umwana, ngo akenshi iyo akimara kuvuka ahita apfa ngo ntibikunze kubaho ko umwana umeze atya yabaho.

Mu minsi yashize rero nibwo abaganga bo mu Buhinde bazwiho ubuhanga mu kuvura indwara zitandukanye batunguwe no kubyaza umugore umwana umeze atyo gusa no mu kumukurikirana akiri mu nda bajyaga babona bimeze bityo ariko bakibwira ko ari ubundi bumuga afite.

Uyu muryango wahuye n’ikibazo cyo kubyara umwana umeze nka madamu samake, ubusanzwe ngo umukuru w’umuryango ni umwubatsi ku buryo no kubona amafranga yavuza uwo mwana bimwe mu bibazo yavukanye ari ingorabahizi.

Nkuko ubibona ku ifoto, umuganga yayobewe icyo avuga ubwo ababyeyi b’umwana bamubazaga niba ari umukobwa cyangwa ari umuhungu kuko igitsina cye kitagaragara, uyu akaba ari umwana wa kabiri wagaragaye muri iki gihugu cy’u Buhinde ufite isura isa n’iya madamu samake.

Nkuko mubibona kandi umwana akiri mu nda ntiyagaragazaga igufwa ahagombaga kuba amaguru, hakuze hameze nk’umurizo gusa ikibabaje rero nuko uyu mwana nyuma yo kugera ku isi yamaze amasaha ane yonyine ubundi ahita yipfira. Gusa bamwe mu bana bavutse bameze gutya harimo umwe wabashije gukurikiranwa neza aza no gukura ku kigero kingana gutya.

Related Posts

Unveiling Charm: Alluring Expressions of Infants that Enchant Hearts and Make a Lasting Impression

Newborn babies have a remarkable ability to captivate our hearts with their adorable features and expressive facial expressions. Despite their tender age, they often display a wide…

At first sight, be enthralled by the heavenly beauty of a sleeping newborn.

Watching a baby sleep is like witnessing a glimpse of heaven on earth. In those serene moments, the world seems to stand still, and a profound sense…

From Twilight Darters, greetings! Nick Vujicic We extend our love and gratitude to all, and invite you to join us in celebrating and having fun!

.. The twiп babies, пamed Olivia Mei Vυjicic aпd Ellie Laυrel Vυjicic, were delivered oп December 20, aпd both the mother aпd babies are reportedly iп good…

Parents of twin girls and enjoying twice as much fun and experiences as before.

Imаɡіпe waking up one morning to the delightful surprise of not just one, but two adorable baby girls joining your family! The mere thought of having twin…

It brings their parents great joy to watch the twins’ mischievous smiles and beautiful eyes.

What a beautifully woven tapestry of the bond between fraternal twins! Alex and Emily emerge as vibrant characters, each possessing their own distinct personalities and charms yet…

Seeing the colorful tapestry of life.

As you embark on the wondrous journey of life, I wish for you a path adorned with hues of joy, love, and endless possibilities. May each step…

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *