The miraculous story of a mermaid baby born in India

Ubusanzwe ibiremwa bizwi ku izina ya madamu samake byabayeho mu myaka yashize ndetse aho warebaga icyo kiremwa ugasanga igihimba cyo hejuru ni umuntu naho igice cyo hasi giteye nk’isamake neza neza.

Muri iyi minsi abashakashatsi bavumbuye ikindi kintu kijya gusa n’ibyo biremwa bakavuga ko bishoboka ko ari uburwayi umwana yaba yarahuye nabwo mu gihe nyina yari amutwite.

Ese ni byo koko?

Indwara yitwa sineromelie ngo ijya gusobanura umuntu usa n’uwapfuye ariko akiriho, iyi ikaba ari indwara ifata umwana mu gihe ari mu nda ya nyina, ngo biba bijya gusa n’ubumuga busanzwe umwana uwo ari we wese yavukana aho ubu bumuga bufata amaguru y’umwana ntibutume amera nk’ay’abantu basanzwe bugatuma amaguru afatana akagira isura nk’iy’umurizo w’isamake.

Gusa nanone kubera kwifunga kw’icyo gice cyo hepfo gisa n’igifunganya amara y’umwana, ngo akenshi iyo akimara kuvuka ahita apfa ngo ntibikunze kubaho ko umwana umeze atya yabaho.

Mu minsi yashize rero nibwo abaganga bo mu Buhinde bazwiho ubuhanga mu kuvura indwara zitandukanye batunguwe no kubyaza umugore umwana umeze atyo gusa no mu kumukurikirana akiri mu nda bajyaga babona bimeze bityo ariko bakibwira ko ari ubundi bumuga afite.

Uyu muryango wahuye n’ikibazo cyo kubyara umwana umeze nka madamu samake, ubusanzwe ngo umukuru w’umuryango ni umwubatsi ku buryo no kubona amafranga yavuza uwo mwana bimwe mu bibazo yavukanye ari ingorabahizi.

Nkuko ubibona ku ifoto, umuganga yayobewe icyo avuga ubwo ababyeyi b’umwana bamubazaga niba ari umukobwa cyangwa ari umuhungu kuko igitsina cye kitagaragara, uyu akaba ari umwana wa kabiri wagaragaye muri iki gihugu cy’u Buhinde ufite isura isa n’iya madamu samake.

Nkuko mubibona kandi umwana akiri mu nda ntiyagaragazaga igufwa ahagombaga kuba amaguru, hakuze hameze nk’umurizo gusa ikibabaje rero nuko uyu mwana nyuma yo kugera ku isi yamaze amasaha ane yonyine ubundi ahita yipfira. Gusa bamwe mu bana bavutse bameze gutya harimo umwe wabashije gukurikiranwa neza aza no gukura ku kigero kingana gutya.

Ubusanzwe ibiremwa bizwi ku izina ya madamu samake byabayeho mu myaka yashize ndetse aho warebaga icyo kiremwa ugasanga igihimba cyo hejuru ni umuntu naho igice cyo hasi giteye nk’isamake neza neza.

Muri iyi minsi abashakashatsi bavumbuye ikindi kintu kijya gusa n’ibyo biremwa bakavuga ko bishoboka ko ari uburwayi umwana yaba yarahuye nabwo mu gihe nyina yari amutwite.

Ese ni byo koko?

Indwara yitwa sineromelie ngo ijya gusobanura umuntu usa n’uwapfuye ariko akiriho, iyi ikaba ari indwara ifata umwana mu gihe ari mu nda ya nyina, ngo biba bijya gusa n’ubumuga busanzwe umwana uwo ari we wese yavukana aho ubu bumuga bufata amaguru y’umwana ntibutume amera nk’ay’abantu basanzwe bugatuma amaguru afatana akagira isura nk’iy’umurizo w’isamake.

Gusa nanone kubera kwifunga kw’icyo gice cyo hepfo gisa n’igifunganya amara y’umwana, ngo akenshi iyo akimara kuvuka ahita apfa ngo ntibikunze kubaho ko umwana umeze atya yabaho.

Mu minsi yashize rero nibwo abaganga bo mu Buhinde bazwiho ubuhanga mu kuvura indwara zitandukanye batunguwe no kubyaza umugore umwana umeze atyo gusa no mu kumukurikirana akiri mu nda bajyaga babona bimeze bityo ariko bakibwira ko ari ubundi bumuga afite.

Uyu muryango wahuye n’ikibazo cyo kubyara umwana umeze nka madamu samake, ubusanzwe ngo umukuru w’umuryango ni umwubatsi ku buryo no kubona amafranga yavuza uwo mwana bimwe mu bibazo yavukanye ari ingorabahizi.

Nkuko ubibona ku ifoto, umuganga yayobewe icyo avuga ubwo ababyeyi b’umwana bamubazaga niba ari umukobwa cyangwa ari umuhungu kuko igitsina cye kitagaragara, uyu akaba ari umwana wa kabiri wagaragaye muri iki gihugu cy’u Buhinde ufite isura isa n’iya madamu samake.

Nkuko mubibona kandi umwana akiri mu nda ntiyagaragazaga igufwa ahagombaga kuba amaguru, hakuze hameze nk’umurizo gusa ikibabaje rero nuko uyu mwana nyuma yo kugera ku isi yamaze amasaha ane yonyine ubundi ahita yipfira. Gusa bamwe mu bana bavutse bameze gutya harimo umwe wabashije gukurikiranwa neza aza no gukura ku kigero kingana gutya.

Related Posts

Cherish the sweet moment of saying goodbye to your first daughter

ʟᴏss iп iпfaпts aпd childreп is a topic that receives as mυch atteпtioп aпd awareпess as it deserves. It is difficυlt to talk aboυt a mother who…

IпсгedіЬɩe Marvel: A mother gave birth to a child with double the number of arms and legs compared to other children

A mother gave birth to a child with double the number of arms and legs compared to other children; nonetheless, the locals think that this is also…

Will make you fall in love with life: Babies are so cute they гᴜіп their parents’ photo ѕһoot

As a new parent, you want to document every moment of your baby’s life on camera. This is why parents frequently schedule pH๏τo sessions for their infants….

Iпspiriпg Resilieпce: Soυth Africaп Boy Overcomes Illпess with Remarkable Determiпatioп, Earпiпg Admiratioп aпd Praise for His Coυгаɡe

Iп ɑ smɑll villɑge пeѕtɩed iп the heɑrt of Soυth ɑfricɑ, ɑ remɑrkɑble story of resilieпce ɑпd streпgth υпfolds. This is the tɑle of ɑ yoυпg boy,…

The couple Ьᴜгѕt into happiness when they successfully gave birth to 5 babies in one birth with a very ɩow rate in the world

Amaechi finally gave birth to not one, not two, not three, not even one, but five healthy infants after being married for a number of years without…

The Baby’s mаɡісаɩ Spiritual рoweг Overcomes His ᴜпfoгtᴜпаte Fate

I’ve always desired to become a mother. I was the proυdest womaп oп eагtһ wheп I discovered I was expectaпt. I coυld пot stop rυmiпatiпg aboυt the…

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *